Recent Short Stories
Stories of Rwanda by A. Happy Umwagarwa (English & Kinyarwanda)
Ibimenyetso Bifatika – Inkuru ngufi
Byari bigeze saa tatu z’ijoro, umukobwa wanjye, Uwase, atarataha. Nibazaga byinshi. Mu busanzwe, yajyaga ampamagara, akamenyesha aho ari, igihe cyose yabaga ari butindane n’inshuti ze. Ariko, uwo mugoroba, telefone ye yari yavuye ku murongo. Nirambitse mu ntebe ndende yo mu ruganiriro, maze ntegereza ko aza ko ataha.
Intwari Yakoze Ibara – Inkuru ngufi
Benshi bari bazi ko Mugisha na Kayitesi bahiriwe n’urugo. Ntibari bazi ko, nk’abakritsu bavutse ubwa kabiri, bamwenyuraga nyamara bahishe ibikomere ku mitima yabo. Hari abajya bavuga ko gushakana n’uwo udakunda ari uguhemuka cyangwa kwandarara. Mugisha yakundaga rwose umugore we, Kayitesi. Yizeraga kandi ko n’umugore we amukunda, nubwo rimwe na rimwe
Ibikomere Nyuma y’Akaga – Inkuru Ngufi
Wari umunsi nk’iyindi yose. Uwamurera yari yarangije gusukura inzu no koza amasahani, igihe ihoni ry’imodoka ya Murenzi ryasakuzaga. Uwo mwangavu yahise ashya ubwoba. Yari azi neza ko nta kindi cyari kuba kigaruye sebuja Murenzi mu rugo, saa yine za mu gitondo. Murenzi akimara kwinjira mu rugo, yahise akurura Uwamurera,
Bruises In The Aftermath – A Short Story
It was a day like any other. Uwamurera had finished cleaning the house and was washing dishes when the car horn of Murenzi made a pi-pi sound. The young girl was terrified. Nothing else could be bringing back home her boss Murenzi at 10:00 a.m.
Leave a Message